Benshi batunguwe no kubona amashusho y’umuhanzi Meddy ari kumwe n’umuhanga mu gutunganya indirimbo (Producer) akaba n’umuhanzi, Element Eleéeh hakekwa ko haba hari umushinga w’indirimbo bafitanye.
Umuhanzi w’indirimbo zo kurwanya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yaguze Album ya Alexis Dusabe miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda mu rwego rwo gushyigikira gushimira uyu
Umuhanzikazi wo muri Nigeria Tiwa Savage, yiseguye ku bafana be ku bwo kwanga izina bakunze kumwita ‘Umwamikazi wa Afrobeats’ ashimangira ko hari n’abandi bahanzikazi bakabaye
Bruce Melodie yatangaje ko management yo ku ruhande rwe na The Ben bicaye bakaganira ku kuba hategurwa igitaramo kimwe yahuriramo na The Ben nyuma y’uko
Umuhanzi mu njyana gakondo Jules Sentore yaganuje Abanyarwanda Alubumu ye Nshya yise ‘Umudende’ asobanura impamvu yamuteye kuyishyira ahagaragara ku munsi w’umuganura. Kuri uyu wa Gatanu