Kuri sitasiyo ya RIB ya Twumba mu Karere ka Karongi hafungiye Bayikorere Noel w’imyaka 19 na murumuna we Byiringiro Steven, bitewe n’uko Bayikorere yishe se
Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akurikiranyweho amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye irondo ry’umwuga ubwo
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yahishyuye ko hari umwana uri munsi y’imyaka 18 wiga kuri kimwe mu bigo by’i Kigali wasambanyijwe bitewe n’igihano
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ruri aho icyaha cyabereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Gashora, mu Kagari ka Ramiro, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha buregamo umusore w’imyaka
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 59 utuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Kibiraro, Umurenge wa Rwaniro, mu Karere ka Huye
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko yafashe abagabo 5 bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo. Ni nyuma y’aho mu bihe bitandukanye abaturage batuye mu Karere