Nibura abantu cumi na babiri, barimo umushumba w’itorero, bashimuswe ku Cyumweru, itariki ya 30 Ugushyingo, basanzwe mu rusengero rwo mu cyaro rwagati muri Nigeria, ibi
Abategetsi ba Tanzania bataye muri yombi umusirikare w’ipeti rya Sergeant wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri mu kazi, ufite ubwenegihugu bubiri bwa Kenya na
Clayton Revocatus Chipando uzwi cyane nka Baba Levo, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Bongo Flava, yinjiye mu mateka mashya nyuma yo gutorerwa kuba
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yashyikirije ubutabera umugabo wamukorakoye mu gatuza ubwo yari ari mu ruhame aramukanya n’abaturage i Mexique City. Uwo mugabo, bivugwa ko
Guverinoma y’u Bwongereza yavuze ko indege mpuzamahanga zahagaritswe kugwa cyangwa guhaguruka ku Kibuga cy’Indege cya Dar es Salaam, kandi ko Ikibuga cy’Indege cya Arusha hamwe
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko umuhanzi w’Icyamamare Diamond Platnumz n’umuryango we bamaze gusohoka muri iki gihugu rwihishwa batinya ko bashobora kugirirwa nabi.
Ku itariki ya 30 Ukwakira 2025, Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi (European Parliament) yatangaje ko amatora rusange yo muri Tanzania atabaye mu buryo buboneye, ivuga