Sabato Mupenzi w’imyaka 27 yatawe muri yombi na Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Ndera akekwaho ubujura no kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi.
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye umugore w’imyaka 30 y’amavuko wishe umugabo we amutemesheje ishoka mu mutwe nk’uko byatangajwe n’Ubushinjacyaha Bukuru kuri uyu wa
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu batatu bagaragaye mu mashusho batema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro. Kuri uyu wa Gatandatu
Ruhango: Nyandwi Jean Damascène n’umugore we Mukanyemera Donathile basabiwe gufungwa imyaka 10, mu iburanisha ryabereye mu ruhame, aho bashinjwa icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge byo mu
Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo. Abo
Umugabo usanzwe ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda, yatawe muri yombi nyuma yo kwica umugore we nk’uko byemezwa n’ubuyobozi. Amakuru akanyenyeri.com Twahawe n’umwe mu baturage
Sempundu Thadée, Umukuru w’Umudugudu wa Murambi, Akagari ka Kanyundo, Umurenge wa Mudende mu Karere ka Rubavu, afunganywe na Ifitimbaraga Eric na Sebunani Paul Martin ugishakishwa,
Ubuvugizi bw’igisirikare cy’u Rwanda bwasohoye itangazo rivuga ko uru rwego rufunze abasirikare babiri n’abasivile 20 bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo