Rutahizamu wa Police FC, Byiringiro Lague yavuze ko bafite intego yo gutwara igikombe cya shampiyona badatsinzwe. Ni nyuma yo gutsinda Amagaju bigoranye 1-0 cya Ndayishimiye
Umunyamabanga mushya wa APR FC, Rtd Col Vincent Mugisha yatangiye inshingano ze asura ikipe ku myitozo i Shyorongi, abasaba kwitwara neza batsinda Mukura VS. Mu
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse umutoza Afahmia Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri, Azouz Lotfi, kubera umusaruro muke. Aba batoza b’Abanya-Tunisia bari bitabiriye imyitozo
Kuri uyu wa Mbere, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na myugariro Aimable Nsabimana ku bwumvikane. Ibi byemejwe n’itangazo Rayon Sports yashyize hanze ivuga
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Phanuel Kavita, yagarutse mu kibuga atora amacupa yari yanyanyagiye nyuma y’uko we na bagenzi be batsinzwe na Bénin Kuri uyu
APR FC yatsinzwe na Pyramids FC ibitego 3-0, isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 5-0 mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League. Umukino wo kwishyura wabaye kuri