Indege ya Sosiyete ya Kenyan Airways yagiye gutwara umurambo w’umunyapolitiki Raila Odinga, yaciye agahigo ko kuba iya mbere yakurikiranirwaga hafi n’abantu benshi ku rubuga rwa
Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, Ibrahim Mahamadu, uzwi cyane ku izina rya ‘Boukura’ Mu gikorwa cyabereye ku Kirwa
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yikomye bikomeye ubutegetsi bwa Kenya bwohereje uhagarariye inyungu zabwo mu Mujyi wa Goma ugenzurwa n’abarwanyi ba AFC/M23. Ibiro