Mu gitondo cyo ku wa 24 Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo 24 bakurikiranyweho gucukura amabuye y’agaciro ya zahabu mu mirima
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva, yavuze ko mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije n’umutungo kamere, intego nkuru ari ukugabanya no gukumira ingaruka ziterwa n’ibiza no kugabanya imyuka
Mu mudugudu wa Busasamana, Akagari ka Shangi, Umurenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu rutunguranye rwa Semushi Pierre Céléstin w’imyaka 67, wari mu
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashimiye byimazeyo Dr. Ngirente Edouard wasimbuwe ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe yari amazeho imyaka umunani, ashimangira ko bakoranye
Kwizera François w’imyaka 22 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Kabajoba, Akagari ka Mushaka, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, yasanzwe mu cyumba yararagamo yapfuye,
Niyigena Alexis utuye mu Mudugudu wa Kazinda, Akagari ka Gahungeri, Umurenge wa Gitambi, Akarere ka Rusizi, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubyuka n’umuryango we
Ubwato bwavaga ku Idjwi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo RDC, bwikoreye umucanga n’abantu barenga 30, bwageze mu isumo rya Nyawenya mu Kivu hagati, mu