Umuvugizi w’ibiro bya Perezida wa Amerika, White House, Karoline Leavitt, yatangaje ko Perezida Donald Trump mu rugendo azagirira muri Aziya mu cyumweru gitaha, azahura na
Annette Murava yashyize hanze ifoto igaragaza ko yasohokanye umugabo we Bishop Gafaranga nyuma y’iminsi mike uyu mugabo we avuye muri gereza. Uyu mugore yabigaragaje mu
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bufaransa yatangaje ko zishobora kuba mu ntambara n’u Burusiya mu 2028 asaba ko zikwiye guhora ziyiteguye. U Burusiya bwasubije kenshi ibirego
Uyu munsi, ku ya 23 Ukwakira, ni isabukuru y’amavuko ya Perezida Paul Kagame. Twifatanije n’umuryango we ndetse n’Abanyarwanda bose guha icyubahiro iki gihangange cya politiki
Abaturiye n’abagana santere y’ubucuruzi ya Kagano yegereye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa Nyange, Akarere ka Musanze, bavuga ko batewe impungenge n’imyanda ugaragara muri ako
Bamwe mu bakoresha imbugankoranyambaga bakomeje gutabariza umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo Mu Karere ka Gicumbi ujya kwiga ahetse murumuna we M’umugongo. Ibi byatangiye k’umenyekana m’ugitondo
Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, witabiriye inama mpuzamahanga ya Gatanu yaberaga i Aswan mu Misiri kugeza tariki 20 Ukwakira, ku wa Kabiri yasuye