FERWAFA yemereye amakipe atatu yo muri Sudani arimo Al Merrikh SC, Al Hilal SC na El Ahli SC Wad Medani, gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka wa 2025/2026.
Mu minsi yashize nibwo byatangiye kuvugwa ko hari amakipe 3 yo muri Sudani agiye kuza gukina muri Championa y’urwanda,nyuma yuko Perezida wa Sudani yaratangiye uruzinduko rwe M’urwanda.
Bidasubirwaho rero Ferwafa yamaze kuyemerera gukina Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka wa 2025/2026.
Aya makipe ari gushaka uburenganzira butangwa na CAF mbere yo gutangira gukina muri Rwanda Premier League,ibindi byose byararangiye ndetse mu minsi micye turayabona mu rwanda.





