Ferwafa yamaze kwemerera amakipe atatu yo muri Sudani gukina muri Shampiyona y’u Rwanda

Ferwafa yamaze kwemerera amakipe atatu yo muri Sudani gukina muri Shampiyona y’u Rwanda

FERWAFA yemereye amakipe atatu yo muri Sudani arimo Al Merrikh SC, Al Hilal SC na El Ahli SC Wad Medani, gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka wa 2025/2026.

Mu minsi yashize nibwo byatangiye kuvugwa ko hari amakipe 3 yo muri Sudani agiye kuza gukina muri Championa y’urwanda,nyuma yuko Perezida wa Sudani yaratangiye uruzinduko rwe M’urwanda.

Bidasubirwaho rero Ferwafa yamaze kuyemerera gukina Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka wa 2025/2026.

Aya makipe ari gushaka uburenganzira butangwa na CAF mbere yo gutangira gukina muri Rwanda Premier League,ibindi byose byararangiye ndetse mu minsi micye turayabona mu rwanda.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *