Ferwafa ihagaritse bitunguranye abasifuzi basifuye nabi imikino iherutse kuba y’umunsi wa 3 nuwa 4

Ferwafa ihagaritse bitunguranye abasifuzi basifuye nabi imikino iherutse kuba y’umunsi wa 3 nuwa 4

Nyuma yuko bigaragaye ko Imikino y’umunsi 3 nuwa 4 ya Rwanda premier league yabaye hagati y’amatariki 5_17_19/10/2025 yagaragayemo amakosa menshi yakozwe n’abasifuzi.

Komisiyo y’imisifurire muri Ferwafa yasohoye Itangazo ririmo ibyemezo yafatiye Abakoze amakosa muriyo Mikino

Nyuma y’imikino y’umunsi wa 4 ya Rwanda Premier League yabaye hagati y’amatariki 17_19/10/2025 Nkuko bisanzwe komisiyo ishinzwe imisifurire muri Ferwafa yateranye Ku wa 21/10/2025 ikora ubusesenguzibw’uko imikino yagenze.

Umukino w’umunsi wa 4 APR FC VS MUKURA FC Wabaye ku wa 19/10/2025.

Nyuma yo gusuzuma Imigendekere y’uyu mukino, komisiyo yasanze

Kuri ishimwe J.Claude: yarakoze ikosa ryo kudatanga ikarita y’umuhondo yari kuba ari iya kabiri k’umukinnyi no.17 wa Apr Fc (yari guhita iba ikarita utukura)

Ahagaritswe Ibyumweru bibiri Nkuko Amategeko abiteganya.

Kuri Mugabo Eric: yarakoze ikosa Ryitwa ”Decision techinique incorrecte infuencante le resultat du mach” Aho yanze igitego cya Mukura Ku Munota wa 86 yerekana ko umukinnyi wa Mukura yari yaraririye kandi atari byo (no offside).

Ahagaritswe ibyumweru bine nkuko Amategeko Abiteganya.

Irindi tanganzo basohoye ryaje rigaruka k’umukino wahuje Gasogi United na Rayon Sport

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *