Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Duke yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwerekanye ko isuzuma ryoroshye ry’ubwonko rishobora kwerekana igihe umuntu azapfira, bitewe n’uburyo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Justin Nsengiyumva. Dr Nsengiyumva yasimbuye kuri uyu mwanya Dr Édouard Ngirente wari
Umwe mu bayobozi ba Ethiopia yanyomoje Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutangaza ko igihugu cye cyateye inkunga umushinga wo
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagabo y’umukino wa Cricket, yatsinze Malawi mu irushanwa ‘Tri-Nations Series 2025’, uba umukino wa Kabiri u Rwanda rutsinze muri iri rushanwa
Ibyicungo bizwi nka Ferri Wheel, ni ibiziga binini by’ibyicungo abenshi mu Banyarwanda bazi muri za filimi aho banakeka ko ari amakabyankuru. Kuri ubu bigiye kuva
Ni Dosiye uyu mugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza, ukurikiranyweho akurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye aho ashinjwa
John Michael “Ozzy” Osbourne, umuhanzi w’Umwongereza wamenyekanye cyane mu njyana ya heavy metal, yitabye Imana ku wa 22 Nyakanga 2025, afite imyaka 76, nk’uko byatangajwe