Umunyarwandakazi Uwineza Florence yatangije mu Mujyi wa South Bend muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), inzozi yagize kuva mu bwana
Sadna uri mu bahanzi bakizamuka mu muziki w’u Rwanda, yasohoye indirimbo nshya yise JETADORE (je t’adore) ahamya ko yayanditse agendeye ku nkuru mpamo y’urukundo arimo Indirimbo
Leta ya Tanzania yashyizeho amabwiriza abuza abanyamahanga bose Gukorera ubucuruzi buciriritse ku butaka bwa kiriya Gihugu Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda w’iki Gihugu,Selemani Saidi Jafo,ni we washyizeho
Mu mudugudu wa Busasamana, Akagari ka Shangi, Umurenge wa Shangi mu Karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu rutunguranye rwa Semushi Pierre Céléstin w’imyaka 67, wari mu
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko mbere y’umukino wa gicuti uzayihuza na Young Africans SC, hazaba undi mukino uzahuza abasaza b’iyi kipe “Inoubliable
U Bushinwa bwatangiye guha ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka itatu inkunga y’amadolari 500 ku mwaka mu rwego rwo kongera umubare w’abana bavuka nyuma y’uko